-
AMASOKO YA LETA, INKINGI Y’ITERAMBERE RIRAMBYE
“Amasoko ya Leta, inkingi y’iterambere rirambye”, iyi ni insanganayamatsiko y’inama nyunguranabitekerezo yabereye mu Karere ka Muhanga, ku wa 01 Ugushyingo 2019, ihuza Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutunganya amasoko ya Leta (RPPA), abagenga b’ingengo...
-
IBITARO BY’UTURERE MURI GAHUNDA Y’IKORANABUHANGA MU MITANGIRE YAMASOKO
Guhera ku itariki ya mbere y’Ukwezi kwa Nyakanga 2019, ibitaro byose by’Uturere two mu Rwanda bizatangira gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga (E-procurement system) mu gupiganisha amasoko. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu...
ITEGEKO RISHYA RIGENGA AMASOKO YA LETA: INZIRA YO GUSHYIGIKIRA IKORANABUHANGA N'IBIKORERWA MU RWANDA
Gushimangira ikoreshwa ry’ ikoranabuhanga mu masoko ya Leta no gushyigikira gahunda yo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda izwi ku izina rya “Made in Rwanda”, niyo mpamvu nyamukuru y’ivugururwa ry’itegeko rigenga amasoko ya Leta. Itegeko rishya...
URUGAGA RW’ABAKORA UMWUGA WO GUTANGA AMASOKO: UMUSANZU MU KUNOZA IMITANGIRE Y’AMASOKO
Urugaga rw’ Impuguke mu gutanga amasoko rumaze imyaka igera kuri ibiri rushyizweho rwitezeho impinduka zigaragara mu migendekere myiza y’amasoko nk’uko byagarutsweho na Perezida warwo, Bwana Kayiranga Rukumbi Bernard mu kiganiro n’abanyamakuru kuwa...
Ikoranabuhanga mu masoko: ba rwiyemezamirimo barahamagarirwa kwiyandikisha
Ba rwiyemezamirimo barahamagarirwa kwihutira kwiyandikisha no kwinjira muri gahunda y’ikoranabuhanga mu masoko ya Leta. Kwiyandikisha bizatuma babona umukono koranabuhanga(Digital Certificate), uzabashoboza gukoresha iri koranabuhanga. Ibi byavuzwe...
Ikoranabuhanga mu masoko ya leta: icyizere cy’ejo heza mu nzira y’ubukungu bw’u rwanda
Atangiza ikiganiro Bwana P. Celestin Sibomana yibukije ko kuva muri Kamena 2016, umushinga w’Ikoranabuhanga mu masoko ya Leta watangiriye mu bigo umunani bya Leta mu buryo bw’igeregeza bikaba byaragaragaye ko igerageza ryagenze neza. Yakomeje avuga...
Abakora umwuga wo gutanga amasoko bashyizeho urugaga banatora komite y’agateganyo y’inama nkuru
Uhereye ibumoso Silas NSENGIYUMVA Ushinzwe iby’Iyandikwa, isuzumabushobozi n’amahugurwa. Frank MUVUNYI, Perezida w’Urugaga, umuyobozi mukuru wa RPPA Augustus SEMINEGA, Steven RUZIBIZA Visi –Perezida na Celestin SIBOMANA, ushinzwe imyitwarire...
-
Kigali: inama ya 9 ku itunganywa ry’amasoko ya leta muri eac: imitangire myiza y’amasoko itanga umusaruro mwiza
“Guteza imbere uburyo bwo gutanga amasoko butanga amahirwe yo kugera ku musaruro mwiza”, iyi ni insanganyamatsiko y’inama ya 9 ku itunganywa ry’amasoko ya Leta mu bihugu bigize umuryango w’Afrika y’I burasirazuba (EAC) yateraniye i Kigali kuva tariki...
A call for bidders to start using technology (e-procurement) in bidding process
During a press conference which took place at RRPA on Thursday 22nd September 2016, the Director General of Rwanda Public Procurement Authority, Mr Augustus SEMINEGA, called upon bidders who have not started using E-Procurement to do so because from...